in

Mwese mushobora kuba muyirwaye! Hamenyekanye indi ndwara irenze sida iterwa n’imibonano mpuza bitsina ikorewe mu kanwa

Mwese mushobora kuba muyirwaye! Hamenyekanye indi ndwara irenze sida iterwa n’imibonano mpuza bitsina ikorewe mu kanwa

Ikigo k’igihugu gishinzwe gupima no kugenzura imibare y’abarwayi ba kanseri mu Rwanda cyagaragaje ko hadutse indi kanseri yo mu muhogo iterwa no gukora imibonano mpuza bitsina yo mu kanwa.

Iyi kanseri uyandura iyo ukomba igitsina cya mugenzi wawe ufite virusi yitwa HPV (Human Papilloma virus), ndetse iki kigo cyagaragaje ko ku mwaka mu Rwanda hasangwa abagera kuri 60 bayanduye, dore ko muri 2020 habonetse 67 bose.

Umuyobozi w’iki kigo kandi avuga ko iyi ndwara ishobora kuba irwawe n’abantu benshi mu Rwanda gusa bakaba batarabimenya ngo babe bajya kwivuza.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Indaya n’urukiko byose bikunda abagabo” Hari umuhanzi wahimbye igihangano gitangaje kigaruka ku bintu 15 bifitanye isano – VIDEWO

“Burya kutagira ikibuno nabyo ni bibi”: Umugore yavuze agahinda aterwa no kutagira Nyash abaraho baratwenga (video)