in

Musanze:Umukuru w’umudugudu yafashe umwanzuro ugayitse wo kwiyahura nyuma y’ibidahesheje Imana icyubahiro  umugore we yari amufatiye mo

Umukuru w’umudugudu yafashe umwanzuro ugayitse wo kwiyahura nyuma y’ibidahesheje Imana icyubahiro  umugore we yari amufatiye mo

Mu karere ka Musanze, haravugwa inkuru y’Umukuru w’Umudugugudu wagerageje kwiyahura akoresheje ishuka, mu ijoro rishyira tariki 08 Ugushyingo 2023, abaturage baratabara.

Ni umugabo w’imyaka 57, umukuru w’umwe mu midugudu y’Akagari ka Kabeza, aho bivugwa ko gutekereza kwiyahura byaturutse ku makimbirane yagiranye n’umugore we, nk’uko bamwe mu baturage babibwiye Kigali Today dukesha iyi nkuru.

Muri uko gushwana, ngo Mudugudu yafashe icyemezo cyo kwiyahura, mu gihe atangiye kwinigisha ishuka abaturage baramutesha, ndetse bamusaba kurara mu cyumba cye bategeka umuhungu we mukuru kurara amurinze.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuzamu Kwizera Olivier agiye kugaruka mu ikipe yakiniye hano mu Rwanda nubwo yayivuyemo benshi bibaza ikibiteye bagashoberwa

Amavubi abonye umuzamu karundura ushobora kwibagiza abanyarwanda Kwizera Olivier utagihamagarwa muri iyi minsi