in

“Muracyapfa” DJ Brianne yagiriye inama abakobwa bicuruza bashobora kugwa mu mutego nk’uwo Kazungu Denis yagushijemo abo yishe – VIDEWO

DJ Brianne yagiriye inama abakobwa bicuruza, bashobora kugwa mu mutego nk’uwo Kazungu Denis yagushijemo abo yishe.

Brianne abivuze nyuma y’inkuru zimaze iminsi zivugwa ku mugabo witwa Kazungu Denis ukurikiranweho kwica abakobwa benshi amaze kubasambanya.

Dj Brianne yavuze ko abakobwa bicuruza bakwiye kubanza gushishoza bakareba neza umuntu ubasabye ko batahana, ndetse kandi bakabanza bakareba niba aho nabatahanye hizewe. Mu gihe ibyo batabyitayeho Brianne yavuze ko bazakomeza gupfa, ati ” Muracyapfa.”

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu nseko ye ihogoza abasore benshi Umunyamakuru Annet Mugabo yagaragaye mu myambaro abantu benshi batamuzi ho dore ko mu busanzwe we yikundira kwambara ama pantaro[AMAFOTO]

Yari afite akazi keza i Dubai! Kazungu Denis wicaga abagore n’abakobwa byamenyekanye ko yari afite keza i Dubai ndetse ko yari n’umwarimu hanze y’u Rwanda