in , ,

Mugisha Moise ari mu 10 bazatoranywamo umukinnyi mwiza wa 2020 muri Africa

Umunyarwanda Mugisha Moïse ukinira ikipe ya SACA, uherutse kwegukana isiganwa rya Grand Prix Chantal Biya ribera muri Cameroun ni we munyarwanda wenyine uri mu bakinnyi 10 bazatoranywamo, umukinnyi mwiza ku mugabane wa Africa wa 2020. Moïse Mugisha ahatanye  n’abakinnyi bakomeye barimo Abanya-Eritereya batanu, umwe wo muri Afurika y’Epfo, Umunya- Algerian, Umunya-Cameroon ndetse n’umunya Burkinabé . […]

The post Mugisha Moise ari mu 10 bazatoranywamo umukinnyi mwiza wa 2020 muri Africa first appeared on UMUSEKE.

Umunyarwanda Mugisha Moïse ukinira ikipe ya SACA, uherutse kwegukana isiganwa rya Grand Prix Chantal Biya ribera muri Cameroun ni we munyarwanda wenyine uri mu bakinnyi 10 bazatoranywamo, umukinnyi mwiza ku mugabane wa Africa wa 2020. Moïse Mugisha ahatanye  n’abakinnyi bakomeye barimo Abanya-Eritereya batanu, umwe wo muri Afurika y’Epfo, Umunya- Algerian, Umunya-Cameroon ndetse n’umunya Burkinabé .
The post Mugisha Moise ari mu 10 bazatoranywamo umukinnyi mwiza wa 2020 muri Africa first appeared on UMUSEKE.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ngibi ibintu umugabo wese aba yifuza ku mugore we amanwa n’ijoro.

Umugabo yamuritse abagore be 6 mu bukwe bose batwite inda z’imvutsi bitera benshi gucika ururondogoro.