in

Mu Rwanda: indaya yarwanye inkundura n’umugabo baryamanye ananirwa kwishyurira(video)

Mu mudugudu wa Nyinya humvikanye imvururu z’umugabo n’indaya bita Nyiramana ,ngo bari bumvikanye ko nibamara gusambana ,umugabo yishyura ibihumbi 30,000 Frw uwo Nyiramana ariko igikorwa cyarangira undi akanga kwishyura.

Mu kwanga kwishyura , Iyo ndaya bita Nyiramana ngo yahise ifatira telefone y’uyu mugabo kugirango abanze amwishyure ,ibi bikaba ari nabyo byaje guteza imvururu kuko byaje kurangira bagundaguranye .

Nyuma yo kugundagurana,uyu mugabo yaje kwemera ko aribuhe uyu mugore amafaranga ibihumbi 10,000 Frw ariko agsubizwa telefone ye.

Abaturage baganiriye na Btn Tv bavuga ko biteye isoni kubona umugabo ufite urugo yishora mu ngeso y’ubusambanyi nk’iyo bikagera naho abuze ubwishyu bwibyo yemeye.

Icyakora nubwo abaturage bagaya uyu muturage waguze indaya asanzwe afite urugo, uyu mugabo we avuga ko ibyo bavuga ari ukubeshyera ahubwo ari abashaka kumusenyera urugo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abafana ba APR FC bakomeje gutungurwa n’umubano w’umutoza Ben Moussa na Kapiteni Manishimwe Djabel uri mu batumye Adil yirukanwa

Uwari umukozi wo mu rugo yatunguranye yubaka inzu y’agatangaza