in

Mu karere ka Ruhango umwana yapfuye akubiswe n’inkuba izuba riva. Video

Kuwa gatandatu mu karere ka Ruhango mu murenge wa Byimana, inkuba yakubise abana babiri izuba riva umwe ahita ashiramo umwuka.

Abaturajye bavuga ko aba babana bakubiswe n’inkuba ubwo bari munzu bacometse telefone, ubwo basohokaga, uwitwa Ivan akaba yarahise agwa muri salon ari naho yaje kugwa.

Abaturage batuye aka gace bavuga ko inkuba bayumvise ikubita ariko ntibamenye icyo ikubise kuberako nta mvura yagwaga kuko izuba ryavaga.

Reba amashusho hano hasi wumve uko byagenze:

 

 

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Albina Syndney ukorera Flash TV n’umukobwa mugenzi we bakekwaho gukundana bagiranye ibihe byiza kuri Saint Valentin. Amafoto

Umunyamakuru Clarisse Uwimana yashinjwe kutishimira umukunzi we wamuhaye indabo akamukata mu ifoto