in

Mu gihe Rayon Sports imyiteguro irimbanyije, muri APR FC ho umutoza Thierry Froger yavuze ingorane abakinnyi be bafite mu gihe bitegura guhura na mukeba wayo Gikundiro

Mu gihe Rayon Sports imyiteguro irimbanyije, muri APR FC ho umutoza Thierry Froger yavuze ingorane abakinnyi be bafite mu gihe bitegura guhura na mukeba wayo Gikundiro.

Nyuma y’umukino wa shampiyona APR FC iheruka gukina, mu kiganiro Thierry Froger yagiranye n’itangazamakuru, yabajijwe uko yiteguye umukino wa Rayon Sports, avuga ko yiteguye neza ariko ashobora kuzawujyamo ananiwe cyane.

Ati” Dufite iminsi mike yo kwitegura, iri joro twabonye ko abakinnyi banjye bananiwe cyane ariko turi kubishakira igisubizo. Ngendeye ku mwanya turiho duhagaze neza kandi nshaka ko ariko tuzasoza shampiyona.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bushali wirukanywe muri korali yo muri ADEPR ntabyicuza

Aline Gahongayire yakize kanseri yo mu muhogo yari arwaye