in

Amafoto agaragaza ikibuga k’indege kigiye kuzura mu Bugesera akomeje kwemeza benshi ko u Rwanda ruri ku rundi rwego batazigezaho -Amafoto

Imyaka iciyeho itari mike wumva ngo mu Bugesera hari kubakwa ikibuga k’indege, ndacyeka niba uri Umunyarwanda ntakunu waba utazi iyo nkuru.

Nibyo koko ikibuga k’indege kigeze kure, ndetse uko cyubakwa umunsi ku wundi ni nako hasohoka amafoto atandukanye agaragaraza uko iki kibuga kizaba kimeze mu munsi kizaba cyasoje kubakwa.

Ni amwe mu mafoto meza cyane akomeza kwereka amahanga ko u Rwanda rukomeje kugera ku rundi rwego. Reba Amafoto.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Munkubite mukanya maze kurya” Amashusho y’umwana muto usaba iwabo ko bamukubita amaze kurya kubera amakosa yari amaze gukora akomeje gukora ku mitima ya benshi -AMASHUSHO

Mu bwongereza batangiye kwifuza abasifuzi bo muri Africa ngo babe aribo bajya gusifura mu Primier League abarimo bakurwemo