in

Mu burakari n’umujinya byinshi Yolo The Queen yasubije umusore wamusebeje ko yatumiye abantu mu birori bagerayo bagasanga yigiriye Dubai akaba yarabariye ayabo bari batanze

Mu burakari n’umujinya byinshi Yolo The Queen yasubije umusore wamusebeje ko yatumiye abantu mu birori bagerayo bagasanga yigiriye Dubai akaba yarabariye ayabo bari batanze

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Yolo The Queen yagaragaje ko yababajwe n’ibyo bamuvuzeho by’uko yatumiye abantu mu birori by’isabukuru ye y’amavuko, ariko bahagera bagasanga yigiriye Dubai.

Uyu muntu wari wamusebeje yari yavuze ko abatumiwe bari batanze ibihumbi 50 buri umwe ariko bagera i Nyamata barimo bajya yo bakababwira ko Yolo yagiye Dubai igitaraganya.

Yolo yahakanye aya makuru avuga ko ibyo atari byo, kandi ko nta bufasha yigize asaba abantu ku buryo bamwoherereza amafaranga. Yanasabye ko uwayohereje yakwerekana message akayasubizwa.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uko byagenze kugira ngo Nyaxo afungirwe i Burundi akurikiranyweho guhungabanya umutekano w’umukuru w’igihugu cy’uburundi

Baramukizwa n’iki? Isimbi Noelline yagiye hanze y’igihugu ajya kwiga uko barasisha imbunda za sniper – videwo