in

Moussa Camara akomeje kuvugisha abatari bake kubera ingano ye

Rutahizamu Moussa Camara akomeje gutangaza benshi kubera ingano ye yatumye benshi bibaza nimba azawuhamya.

Mu mashusho Sam karenzi yasangije abakunzi be kuri Twitter ye Rutahizamu Camara ubwo yari mu myitozo yatumye benshi bibaza nimba uyu mukinnyi azawuhamya.

Abakunzi ba ruhago babonye Camara bose batangira kwibaza nimba azawuhamya dore ko ategerejwe mu mikino ya shampiyona y’u Rwanda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza mushya wa Chelsea yamenyekanye

Federasiyo ya ruhago muri Uganda yandikiye FERWAFA iyisaba umutoza