in

Miss Muyango yihimuye kuri Mc Buryohe wamurishuje igisheke nawe amunywesha amata mu gikoresho akoresha ayaha umwana we

Nyuma y’iminsi mike Mc Buryohe ategetse Miss Uwase Muyango kurira igisheke ku karubanda, Muyango nawe yamwihimuyeho amutegeka kunywa amata akoresheje bibero zikoreshwa n’abana.

Ni mu kiganiro Take Over ku Isibo Tv gikorwa n’aba bombi, aho bagira igice bita game, aho umwe muribo ategekwa gukora ikintu mugenzi we amusabye, kuri ubu rero Mc Buryohe niwe wari ugezweho.

Miss Muyango yategetse Mc Buryohe kunywa amata akoresheje bibero zikoreshwa n’abana, Mc Buryohe yavuze ko iyo bibero isanzwe ikoreshwa n’umwana wa Muyango, gusa Mc Buryohe yafashe bibero yuzuye amata maze akubita ku munwa ashijemo araniyongeza.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo waturutse Congo yitabaje abaganga bo mu Rwanda atungurwa n’urukundo rudasanzwe bamweretse

Umugore wa Meddy ariwe Mimi nyuma yo kwiyoberanya agahisha idini yasengeragamo yaje kuvumburwa n’umukozi w’Imana