Umuraperi Oda Paccy yagize icyo atangaza kubavuga ku myambarire ye avuga ko kuri we ntacyo abona bitwaye ahubwo icyamber ari uguha abakunzi be ibihangano bibanyura.
Oda paccy numwe mu bahanzi bazahatanira Pggss 7 ariko imyambarire ye ikaba ikomeza kugenda yibazwaho na benshi nkuko uyu muhanzi yabidutangarije ngo kuri we abona ntacyo bitwaye kuko abona ntacyo bibangamira umuziki we.
Menya ibyo Oda Paccy yatangaje kubavuga ku myambarire ye

iyo umuntu arenze igaruriro ntacyo abagishaka kumva kuriwe kuko abayumva ubuzima yarabwanze kureke rero yibere bitch ishaje kuko ntayandi mahitamo afite kandi nubona umuntu utumurongo wamubwira ntiyumve jyumureka agende kuko amatwi arimo urupfu ntiyumva kandi igikenya nticyumva ihoni
nanjye mbona ntacyo bitwaye kuko nakazi agomba gushimisha abakunzibe