in

Mbata bamusuye baramuremera arishima cyane|atanze ubuhamya bukomeye|yendaga kwiyahura.

Umunyamakuru w’umunyarwenya ,Mbata umaze iminsi uhuye n’akaga gakomeye, inzu ye igashya agasigara mu marira yasuwe n’abandi banyarwenya bamuha ubufasha ndetse baramuhumuriza na we arirekura atanga ubuhamya bukomeye.

Mu bamusuye harimo umukinnyi wa filime zisetsa(comedy) Byakunuka n’abandi batandukanye, nk’uko Xlarge TV ibigaragaza.

Uyu mugabo Mbata mu buhamya yatanze yavuze ko yishimiye cyane uburyo bano bantu bamuzirikanye,ndetse avuga ko yashatse kwiyahura amaze kubona ibimubayeho gusa ngo Imana yaramwiyeretse.yagize ati:”ndashima imana cyane ,Imana bavuga njye yaranyiyeretse,nayibonye n’amaso yanjye, nari ngiye kwiyahura”

Byakunuka yasabye abandi banyarwanda gukomeza gutera inkunga Mbata ,bamutera inkunga muri ibi bihe bikomeye arimo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bihinduye isura:Uyu mubikira ahuye n’akaga gatunguranye|menya icyo azize.

Wa mukobwa mwiza wari utegereje kwipfira Imana imukoreye igitangaza nyuma y’imyaka 7 aryamye.