in

Manchester united na Liverpool FC zihanganiye umukinnyi uri kubica bigacika muri “Premier league”

Amakipe arimo Liverpool FC na Manchester united zerekeje amaso ku mukinnyi ukomoka mu Gihugu cya Argentine Alexis Mac Allister gusa uyu musore ubu ukinira ikipe ya Brighton & Hove Albion waraye anafashije ikipe ya Brighton gutsinda ikipe ya Manchester united nayo iri kumwifuza iri no muzabitangaje mbere we avuga ko yifuza kwerekeza muri Liverpool FC.

Nkuko tubikesha umunyamakuru “Fabrizio Romano ” avuga ko uy’umusore ashishikajwe no kwerekeza muri Liverpool FC muri iyi mpeshyi iza, ariko Kandi akavuga ko Ikipe ya Manchester united yishimiye uyu musore cyane ikaba yakifuza kumwegukana ngo nubwo byaterwa nuko andi makipe ari kumushaka ndetse nibyo ari kumutangaho.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ni bibi cyane: Menya ingaruka mbi cyane abana bakoresha ikoranabuhanga bahura nazo

“Ufite ibifaranga byinshi ngomba kubirya” Umugore yishongoye ku mugabo we nyuma y’uko umugabo avumbuye ko amwiba amafaranga akayohereza umusore bahoze bakundana (VIDEWO)