in

“Ufite ibifaranga byinshi ngomba kubirya” Umugore yishongoye ku mugabo we nyuma y’uko umugabo avumbuye ko amwiba amafaranga akayohereza umusore bahoze bakundana (VIDEWO)

Umugore yishongoye ku mugabo we amubwira ko afite ibifaranga byinshi cyane ko agomba kubirya uko ashatse nyuma y’uko umugabo amuvumbuye ko ajya ayaha uwahoze ari umukunzi we.

Mu mashusho yashyizwe ku rubuga rwa TikTok, umugabo aba ari gutongana n’umugabo we bapfa amafaranga $300 uyu mugore yoherereza umusore buri cyumweru.

Uyu mugore amubwira umugabo we ko agomba gufasha inshuti kabone nubwo batandukanye kandi ko yamubujije gukora bityo ko ntahandi agomba gukura amafaranga.

Buri cyumweru uyu mugore yohererezaga amafaranga $300 umusore bakundanaga uri muri gereza. Ayo mafaranga yavaga mu yo umugabo yabaga yakoreye.

Iyu mugore abwira umugabo we ko yamubujije kugira ikuntu yakora ngo ajye aguma mu rugo rero ngo ibyo azajya akoresha amafaranga ye ajye abyakirana ayombi.

Nyamugabo amubwira ko yamwubakiye inzu nziza kugira ngo ayirinde, ayiteho ndetse ajye anamutekera byonyine.

VIDEWO

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Manchester united na Liverpool FC zihanganiye umukinnyi uri kubica bigacika muri “Premier league”

Ubanza aba ari bo bagemuriraga Kigali yose: abagore 2 n’abasore 2 bafatanwe udupfunyika tw’urumogi twinshi utabakekera