in

Lionel Messi yongeye gushyiraho agahigo mu mateka ya Ruhago.

Rutahizamu wa Argentine na Inter Miami yo muri Leta zunze ubumwe z’America yegukanye igihembo cy’umukinnyi w’umwaka wahoze abandi mu bagabo muri 2023.

iki ni igihembo cyatangiwe mu birori byabereye i London mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere tariki 15 Mutarama 2024.

Messi Lionel w’imyaka 37 watwaye icyo gihembo kunshuro ya 3 yikurikiranya bikamugira umukinnyi wa mbere ubikoze nyuma ya Cristiano Ronaldo na Robert Lewandowski bagitwaye inshuro ebyiri.

Lionel Messi umaze gutwara umupira wa zahabu, Ballon d’Or, inshuro umunani yatwaye iki gihembo ahigitse abarimo uwo bakinana mu ikipe ya Paris Saint Germain, Kylian Mbappe na rutahizamu wa Manchester City, Erling Haaland.

Ifoto Lionel Messi ateruye igihembo

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi 3 ba Rayon Sports bashobora gutangira imyitozo bari mu bihano kugirango bamenye icyo gukora

Ikipe ya AS Roma yatandukanye na José Mourinho bitunguranye.