in

Lionel Messi yongeye gushimangira ibihugu 3 aha amahirwe yo gutwara igikombe cy’isi

Rutahizamu w’ikipe ya PSG ndetse n’ikipe y’igihugu ya Argentine Lionel Messi yatangaje ko aha amahirwe Brazil, ubufaransa ndetse n’ubwongereza yo gutwara igikombe cy’isi uyu mwaka.

Ku munsi w’ejo hashize ubwo Lionel Messi yaganiraga n’ikinyamakuru CONMEBOL, nibwo yemeje bidasubirwaho ko ibi bihugu byavuzwe haruguru aribyo aha amahirwe menshi muri iki gikombe.

Ibi byatunguye benshi mu bakunzi b’uyu mugabo bitewe nuko mu biganiro bitandukanye agenda atanga ntabwo ajya avuga Argentine mu bihugu ahereza amahirwe muri iki gikombe cy’isi kandi nacyo ari igihugu kirimo guhabwa amahirwe na benshi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Akababaro kuri ruhago y’isi nyuma y’uko umusifuzi mpuzamahanga yitabye Imana

The Ben nawe yamaze kugaragara yapfumuye izuru rye nyuma y’aho Diamond abishwaniyeho na Se umubyara(ifoto)