in

Akababaro kuri ruhago y’isi nyuma y’uko umusifuzi mpuzamahanga yitabye Imana

Johan Hamel Umusifuzi mpuzamahanga w’Umufaransa yitabye Imana nyuma yo kwikubita hasi.


Amakuru dukesha ikinyamakuru L’Equipe kiratangaza ko uyu mugabo w’imyaka 42 yitabye imana biturutse ku kibazo cy’indwara y’iminsi yu bwonko cyatumye yikubita hasi umutima uhita uhagarara.
Yitabye imana nyuma yo kwitura hasi

Johan Hamel Kandi yaherukaga gusifura ku cyumweru ubwo Paris Saint Germaine yatsindaga Auxerre ari umusifuzi ushinzwe gusesengura amashusho(VAR(.

Uku kwezi, yasifuye umukino wa Real Madrid na Celtic muri Champions League, anasifurira Lille inganya na Rennes Tariki ya gatandatu uku kwezi .

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru ibabaje; umusifuzi wasifuriye PSG ku cyumweru yitabye Imana

Lionel Messi yongeye gushimangira ibihugu 3 aha amahirwe yo gutwara igikombe cy’isi