Mu minsi yashize nibwo umuhanzi ukomeye wo mu gihugu cya Tanzania Nazibu Abdul Zuma uzwi mu muziki ku mazina ya Diamond Platnumz yagaragaye yapfumuye izuru maze ashyiraho iherena.
Mugenzi we Mugisha Benjamin uzwi muri muzika nyarwanda ku mazina ya The Ben nawe yatunguye abakunzi be ubwo yagaragaraga yapfuye izuru rye.
Dore ifoto The Ben agaragara yapfuye izuru.

Ni nyuma y’aho Diamond Platnumz ibi byo gupfumura izuru byatumye hazamuka umwuka utari mwiza hagati ya na Se umubyara aho yavugaga ko bidakwiye ku musore ngo apfumure izuru.
Gusa The Ben we ntacyo abantu baratangira kubivugaho kubera ko hashize igihe gito agaragaje iyi foto.