in

N’utemera ko uru kwavu yemera ko ruzi kwiruka: Reba amashusho y’ibitego biryoheye ijisho byatumye Lionel Messi yongera gushimangira ko ari we nimero ya mbere ku Isi -VIDEO

N’utemera ko uru kwavu yemera ko ruzi kwiruka: Reba amashusho y’ibitego biryoheye ijisho byatumye Lionel Messi yongera gushimangira ko ari we nimero ya mbere ku Isi.

Umunyabigwi Lionel Messi ukinira ikipe y’igihugu ya Argentina yafashije ikipe ye nshya ya Inter Miami gutsinda Orlando City ibitego tatu aho uyu mugabo yatsinzemo ibitego bibiri wenyine.

Amashusho y’ibitego bibiri byiza cyane byatsinzwe na Lionel Messi:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Inkunga yanyu turayikeneye” Ubuyobozi bwa APR FC batangiye kwaka abafana babo inkunga nyuma yo kubona ko Aba-Rayon bo kuyitanga babigize ihame ntakuka

“Ubu Rayon Sports yapimira umukinnyi kuri Nyanza koko” Barangajwe imbere n’umuvugizi wabo, Abafana ba Rayon Sports bafashe iya mbere mu kunenga rutahizamu urara ahumeka izamu wa APR FC