in

“Ubu Rayon Sports yapimira umukinnyi kuri Nyanza koko” Barangajwe imbere n’umuvugizi wabo, Abafana ba Rayon Sports bafashe iya mbere mu kunenga rutahizamu urara ahumeka izamu wa APR FC

“Ubu Rayon Sports yapimira umukinnyi kuri Nyanza koko” Barangajwe imbere n’umuvugizi wabo, Abafana ba Rayon Sports bafashe iya mbere mu kunenga rutahizamu urara ahumeka izamu wa APR FC.

Nyuma y’uko rutahizamu wa APR FC, Victor Mbaoma yigarageje mu mukino wahuje APR FC na Marine Fc, Aba-Rayon ntibumva ukuntu bamupira kuri Marine Fc.

Mu mvugo ijimije cyane aho yakoresheje iminozanganzo, Umuvugizi wa Rayon Sports ntiyumva ukuntu APR FC yapimira umukinnyi kuri Marine FC.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, yagize ati: “Ubu Rayon Sports yapimira rutahizamu kuri Nyanza FC ? Let’s wait🤣.”

Abafana babonye ibyo bahise bamenya icyo yashakaga kuvuga ni uko maze nabo barirekura karahava.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

N’utemera ko uru kwavu yemera ko ruzi kwiruka: Reba amashusho y’ibitego biryoheye ijisho byatumye Lionel Messi yongera gushimangira ko ari we nimero ya mbere ku Isi -VIDEO

Mushiki we yarize arahogora! Abagize umuryango wa Junior Multisystem harimo n’umwana we bagiye kumusezeraho bwa nyuma i Rusororo amarira aba menshi – AMAFOTO