in

“Inkunga yanyu turayikeneye” Ubuyobozi bwa APR FC batangiye kwaka abafana babo inkunga nyuma yo kubona ko Aba-Rayon bo kuyitanga babigize ihame ntakuka

“Inkunga yanyu turayikeneye” Ubuyobozi bwa APR FC batangiye kwaka abafana babo inkunga nyuma yo kubona ko Aba-Rayon bo kuyitanga babigize ihame ntakuka.

Ku munsi w’ejo hashize nibwo APR FC yatsindaga Marine Fc mu mu mukino wa gishuti.

Ni umukino witabiriye n’abafana benshi cyane b’iyi kipe nyuma y’uko bumvishe ko baguze abanyamahanga.

Nyuma y’uwo mukino, Chairman wa APR FC yashimiye Abafana ba APR FC

Yagize ati: “Kubakunzi n’Abafana ba APR FC, Mwakoze cyane kuza gushyigikira ikipe yanyu APR FC. Inkunga yanyu turayikeneye no ku mukino wa gishuti tuzakina na Kiyovu Sports uzabera i Bugesera ku wa Gatandatu tariki 5 Kanama 2023.”

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Messi yongeye yabaye Messi: Umunya Argentina Lionel Messi akomeje kwandika amateka atarakorwa n’undi mukinnyi

N’utemera ko uru kwavu yemera ko ruzi kwiruka: Reba amashusho y’ibitego biryoheye ijisho byatumye Lionel Messi yongera gushimangira ko ari we nimero ya mbere ku Isi -VIDEO