in

Kylian Mbappe yongeye gukinsha ibyishimo by’abakunzi b’umupira

Mbappé, wegukanye igikombe cy’isi hamwe n’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa mu 2018, mbere yari yaravuzwe cyane ko ashobora kwerekeza muri Real Madrid.

Ku cyumweru, nyuma yuko yari yamaze guha Neymar umupira yatsinzemo igitego mu mukino batsinze Marseille igitego 1-0, Mbappé yagize ati:

“Ndishimye cyane. Sinigeze na rimwe nsaba kugenda mu kwezi kwa mbere”.

Yakomeje Kandi avuga ko yatunguwe Niyo nkuru yamwanditsweho ibi akaba yabivuze ubwo bari bamaze gutsinda ndetse amakuru akaba yaremeje ko Mbappe atagikenewe muri Real Madrid.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Videwo: Ruediger yabyinnye imbyino zo muri congo bamaze gutsinda Fc Barcelona

Videwo y’umunsi: Manchester united nyuma yo kubura amanota 3 yatumye umufana wayo arya ibiryo abitamo amarira(videwo)