in

Kwizera Olivier yagaragaye mu buryo bwatumye umukinnyi w’ikipe y’igihugu yerura akavuga ko amufana bikomeye cyane gusa nawe yahise amusubiza -AMAFOTO

Kwizera Olivier yagaragaye mu buryo bwatumye umukinnyi w’ikipe y’igihugu yerura akavuga ko amufana bikomeye cyane gusa nawe yahise amusubiza.

Umuzamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Kwizera Olivier udaheruka guhamagarwa yashyize amafoto ku mbuga nkoranyambaga ze maze rutahizamu wabiciye bigacika mu makipe y’i Nyarugenge no mu ikipe y’igihugu Amavubi Usengimana Danny uherutse gusezera kuri ruhago ahita atangaza ko amufana cyane maze Kwizera nawe ahita amubwira ko amwemera ahubwo abura kwisiga iranjye.

Amafoto:

Ibyo Usengimana Danny yatangaje ubwo yabonaga aya mafoto ndetse nibyo Olivier yamusubije:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Inkoko iri iwabo ishonda umukara! Ibibaye kuri Arsenal ni nkuru mbarirano batabawe na Miliyoni 100

Thierry Froger nyuma yo kumva ibyo abafana bamwifuzaho yatangaje ijambo rikomeye n’ubundi rikora mu gikomere aba bafana yafashe nko kwirushya mu byo barimo