in

KNC yongeye kunyuza umweyo muri Gasogi United! Abandi bakinnyi 4 basezerewe icyarimye muri Gasogi

Gasogi United ya Kakooza Nkuliza Charles wamamaye nka KNC yasezereye abandi bakinnyi bane ibamenyesha ko batazakomezanya umwaka w’imikino utaha baba barindwi imaze kwereka umuryango.

Iyi kipe yamenyesheje Rugangazi Prosper, myugariro wo ku ruhande rw’ibumoso, Robert Mugabe; Niyitegeka Idrissa ukina mu kibuga hagati n’Umunyezamu Ntagisanayo Serge ko batazakomezanya.

Ni nyuma y’uko mu minsi ishize yari yashimiye Yao Henok ukomoka muri Côte d’Ivoire, Ngono Guy Herve ukomoka muri Cameroun ndetse na Mbirizi Eric ukomoka i Burundi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hamenyekanye akayabo k’amafaranga azagenda kugirango ikibuga k’indege cya Bugesera cyuzure ndetse n’igihe kizatangira gukoreshwa

Itariki nk’iyi nibwo Patrick Mafisango yitabye Imana habura amasaha make ngo yurire indege aza mu Rwanda kwitabira ubutumire bw’ikipe y’igihugu Amavubi