in ,

KNC yacyuriye abacyeba ko arambiwe ikiriyo bakorera kuri stade yagenewe ibyishimo

Perezida wa Gasogi United yatangaje ko aterwa aghinda no kubona umufana yaje ku kibuga ikipe ye itabasha kwegukana insinzi agataha atigeze amwenyura na gato yiriwe ari mu gahinda gusa.

Ni muri urwo rwego yatangaje ko mu mukino uza kumuhuza na Mukura victory sport aza guha akanya abavanga umuziki batamena amatwi bagasusurutsa abantu mu muziki uyunguruye, abamena amatwi yashaka gucyuriramo Ryon Sport ko yari yazanye abavanga umuziki bamena amatwi abari bitabiriye uwo muhango.

kuri uyu mukino uza kumuhuza na Mukura Victory Sport araza kuba ari kumwe n’abana babyina,Amag The Black, na Mico The Best baza gutaramira abaza kuba bitabiriye uwo mukino.

Uyu mukino nurangira, izina Louissire riraza kwakwa Mukura rihabwe Gasogi Fc.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru yihutirwa ugomba kumenya kuri Yvan Buravan uherutse kwitaba Imana

Umubiri wa Yvan Buravan uherutse kwitaba Imana wagejejwe mu Rwanda