in

Umubiri wa Yvan Buravan uherutse kwitaba Imana wagejejwe mu Rwanda

Umunsi ku munsi benshi muri twebwe ntabwo twiyumvisha ko Yvan Buravan yatuvuyemo ndetse twibaza ko yaba ari hafi yacu.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 19 Kanama 2022 nibwo indege yari ivuye mu Buhinde yagejeje umubiri wa Yvan Buravan ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe.

Nyuma yo kwakirwa n’abo mu muryango we, umubiri wa nyakwigendera wahise ujyanwa mu buruhukiro mu gihe hategerejwe ko hamenyekana gahunda yo kumuherekeza mu cyubahiro.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

KNC yacyuriye abacyeba ko arambiwe ikiriyo bakorera kuri stade yagenewe ibyishimo

“Ikipe y’igihugu ntabwo ari isoko” Uwakiniye Amavubi ntiyumva uburyo basigaye bahamagaramo abakinnyi