in

KNC akimara kumva ko hari umukinnyi wamaze gutandukana na Rayon Sports, yahise atangira ibiganiro nawe kugira ngo akinire Gasogi United

Kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Kanama 2023, nibwo Rayon Sports yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga zayo ko itazakomezanya na Mbirizi Eric.
Uyu mukinnyi w’Umurundi ukina mu kibuga hagati, yari amaze umwaka umwe muri Murera yamaze gutandukana nayo nyuma y’uko impande zombi zibyumvikanyeho.

Nyuma y’amasaha make gusa aya makuru agiye hanze, Mbirizi Eric yahise atangira ibiganiro na Gasogi United y’umuherwe KNC.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIP Mukandori Beatha: Umugore wo mu karere ka Nyaruguru yishwe urw’agashinyaguro asanzwe mu murima we ari kwikurira ibijumba byo kurya

Ibisa nk’ibitangaza: Nyuma y’imyaka 30 yose Bad Rama yabonanye n’umuvandimwe we yari aziko yapfuye kera