in

Klopp inzozi mbi zibaye impamo nyuma y’uko hasohotse imikino ya Premier league.

Jurgen Klopp yatangiye gushaka inzitwazo nyuma y’uko bigaragaye ko Liverpool izahura n’amakipe yose akomeye nyuma y’imikino ya Champions league.

Muri fixtures zamaze gusohoka ni uko Liverpool nyuma yo gukina imikino ya champions league, izahita ihura na Manchester City, Chelsea, Tottenham Hotspur, mu matariki akurikiranye hagati y’ukwezi Kwa Kenda ukwa cumi n’ukwezi Kwa cumi na kumwe.

Arsenal na Manchester United nabo kandi bakazahura nyuma y’icyumweru kimwe gusa iviye mu mikino yo kwishyura.

Klopp yamaze gutangazako ibibazo by’imvune ku bakinnyi bamwe na bamwe bitazoroha mu gihe imikino yegeranye cyane kuburyo bukabije.

Ibi yabivuze n’ubundi atari  ubwa mbere, kuko no muri season ishije yagiye avugako ibibazo  by’imvune ari bimwe mu byica uburyohe bw’umukino kandi bikaba biterwa n’imikino yegeranye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo umuhanzi Davido yakoreye muri Amerika byaburiwe igisobanuro (AMAFOTO)

Umusaza yasutse amarira nyuma y’ibyo yakorewe n’umuryango we ku isabukuru ye(video)