in

Kiyovu mbere yo gukina na mukura yagize icyo isaba abakunzi bayo gikomeye

Kiyovu Sport mbere yo gukina na mukura yagize icyo yisabira abafata bayo gikomeye.

Iyi ekipe ya kiyovu sport iherutse gutenguha aba fana bayo ubwo yatsindwaga bikomeye n’ikipe ya sunrise.

Kiru ubu yasabye abafana bayo inkunga ikomeye yo kuzaba bari hari ya ekipe yabo mu gihe izaba irimo kwesurana na mukuru yo mu karere ka huye.

Yagiye ku rubuga rwayo rwa Instagram igira iti:”bafata nshuti zacu muze kubana natwe kuri stade ya kigali i nyamirambo ku mukino uri buduhuze na Mukura ku isaha ya saa 16:00 zumugoroba.”

Iyi ekipe ifite aba fana batari bake kuri ubu yijeje aba fana bayo insinzi bidasubirwaho.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abikuye ku mutima Anita Pendo yafashe umwanya ashimira abana bigana n’umuhungu we ndetse n’abarimu babo

Judith wahoze ari umugore wa Safi Madiba yavuze bari bagiye kumurya amafaranga ye