in

Abikuye ku mutima Anita Pendo yafashe umwanya ashimira abana bigana n’umuhungu we ndetse n’abarimu babo

Anita Pendo umushyushya rugamba ukaze akanaba umunyamakuru kuri radiyo na television bya RBA, ni umumama wa abana 2 yabyaranye n’umukinnyi urinda izamu Ndanda bahoze babana nk’umugabo n’umugore gusa bakaza gutandukana.

Umwana we witwa Gisa Nia Ryan ejobundi tariki 5 Ukwakira yagize isabukuru y’amavuko , yujuje imyaka 4 maze akorerwa ibirori byo kwizihiza umunsi we w’amavuko.

Gisa abana bigana nawe nabo bamuteguriye ibirori ku ishuri yigaho babifashijwemo n’abarimu babo, bafashe intebe ya Gisa bayishyira hagati maze bamuha keke.

Gusa igitangaje babuze icyuma cyo gukata keke ariko umwana umwe mubo inshuti ze yahise abikuricyirana maze icyuma arakizana

. Abikuye ku mutima Anita Pendo yafashe umwanya ashimira abana bigana n’umuhungu we ndetse n’abarimu bamufashije kwizihiza ibirori by’isabukuru y’umuhungu we Gisa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kate Bashabe akomeje gusaba abanyamakuru kudakomeza kumwicira isoko

Kiyovu mbere yo gukina na mukura yagize icyo isaba abakunzi bayo gikomeye