Mu mujyi wa Kigali mu Karere ka Gasabo ,umumotari yafashe umwanzuro wo kwitwikira moto ye kubushake na Jule ubusanzwe abamotari bambara iyo bari mukazi ndetse n’ibyangombwa bindi ngo birimo n’indangamuntu.
Abari bahari bavuga ko batazi neza icyateye uyu mumotari gutwika moto ye n’ibindi byangombwa ,icyakora bavuga ko yasaga nkufashe ku gatama , ariko nanone ko gutwika moto ye batumva ko yabitewe n’inzoga.
Mu mashusho uyu mugabo yumvikana arigusaba ko bamufotora ubwo yarimo atwika moto ye, urebye uyu mugabo ari mu kigero cy’imyaka 38 kuzamura .

Ayo ni amajyini