in

Kigali: Igisambo ruharwa gifatiwe mu cyuho kivuye kwiba igitoki maze bagitegeka kugenda cyikoreye igihanga ari nako cyivuga ibyo cyakoze (AMAJWI)

Igisambo ruharwa gifatiwe mu cyuho kivuye kwiba igitoki maze bagitegeka kugenda cyivuga ibyo cyakoze.

Ibi byabereye mu Kagari ka Nyarufunzo mu Murenge wa Mageragere aho irindo ryafashe umusore wiyita Jay Polly amaze kwiba igitoki mu murima w’umuturage.

Iki gisambo kikimara gufatwa, cyashorewe n’abanyerondo maze bagitegeka kugenda cyivuga ibyo cyakoze.

Uyu musore yaturutse ku Kagari ka Nyarufunzo avuga ko ari umujura ndetse ko yafatanywe igitoki cya Kamara.

Bageze mu isantere, iki gisambo cyagiye cyijya imbere ya buri kabari kivuga ibyo cyakoze ari nako yikoreye igitoki yibye.

AMAJWI

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Juventus yasubijwe ibyo yari yaranyazwe

Update: Jules Karangwa yahawe imirimo mishya muri FERWAFA