in

Update: Jules Karangwa yahawe imirimo mishya muri FERWAFA

Nyuma y’inkundura y’abayobozi batandukanye  muri FERWAFA bagiye begura ku mirimo yabo, byasize Jules Karangwa ahabwa imirimo mishya.

Inama muri FERWAFA yahise iterana maze birangira ihisemo Bwana Jules KARANGWA nk’umunyamabanga mukuru w’agateganyo wa FERWAFA kugeza igihe hazabonekera undi mushya.

Uyu Jules Karangwa yari asanzwe ari umunyamategeko wa FERWAFA, ubu yahise aba umunyamabanga w’umusugire wa FERWAFA.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: Igisambo ruharwa gifatiwe mu cyuho kivuye kwiba igitoki maze bagitegeka kugenda cyikoreye igihanga ari nako cyivuga ibyo cyakoze (AMAJWI)

FERWAFA yamenyesheje abanyarwanda ikigiye gukurikiraho nyuma y’uko abayiyoboraga beguye umusubirizo