in

Kano kanya, imodoka itwara abantu mu buryo bwa rusange ya Different yari igeze Gatsibo igonze igare na Moto biba uburere [AMAFOTO]

Mu karere ka GATSIBO ahazwi nka  NGARAMA habereye impanuka ikomeye cyane y’imodoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange.

Amakuru atugeraho nonaha ni uko imodoka ya DIFFERENT ikoze impanuka ikomeye igeze Ngarama.

Amakuru y’ibanze ni uko iyi modoka yagonze moto n’igare birangirika cyane.

Ibindi kuri iyi nkuru turacyari kubikurikirana.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru agezweho: Ikipe ya APR FC igiye gukina umukino wa gicuti n’ikipe ikunze kuyizirikaho

Ntabwo yari kwisondeka! Umupfumu Salongo yakoze ubukwe n’umukobwa w’ikizungerezi ufite ubwiza budasanzwe – IFOTO