in

Kamonyi: Umugabo witwa Tuyisenge yatemaguwe n’abagizi ba nabi bamuca kimwe mu bice bigize umubiri we 

Kamonyi: Umugabo witwa Tuyisenge yatemaguwe n’abagizi ba nabi bamuca kimwe mu bice bigize umubiri we.

Mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Nyarubaka mu Kagari ka Nyagishubi mu Mudugudu wa Nombe haruvugwa inkuru itari nziza y’umugabo witwa Tuyisenge Emmanuel w’imyaka 37 y’amavuko watemaguwe mu mutwe no ku maboko bikarangira banamuciye urutoki.

Izi nkozi z’ibibi zatemye Tuyisenge Emmanuel ntabwo ziramenyekana gusa biravugwa ko batari ibisambo byashakaga ku mwambura utwe kubera ko uyu mugabo nta kintu nta kimwe yari afite bigeze bamwambura.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle yavuze aho iyi kipe igeze yishyura ideni rya miliyoni 860 ryasizwe na Sadate Munyakazi yasimbuye

Yari yabyambariye: Mu kanyamuneza kenshi, Uwicyeza Pamela yishimiye ibirori yakorewe byo gusezera ubukumi bizwi nka ‘Bridal shower’ – AMAFOTO