in

Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle yavuze aho iyi kipe igeze yishyura ideni rya miliyoni 860 ryasizwe na Sadate Munyakazi yasimbuye

Perezida w’Umuryango Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle, yavuze ko bagabanyije amadeni akabije basanze mu ikipe ubwo bageraga ku buyobozi.

Yagize ati “Mu madeni angana na miliyoni 860 twasanze mu ikipe (muri 2021) twagiye tuyishyura buhoro buhoro, ubu dusigaranye ideni ringana na Miliyoni magana abiri na mirongo… ndetse turifuza ko ku mpera z’uyu mwaka tuzaba twishyuye 25% ry’aya.”

Rayon Sports yagiye muri aya madeni ikiyoborwa na Munyakazi Sadate wasimbuwe na Uwayezu Jean Fidèle uriho ubu.

Ibi Jean Fidèle yabitangarije abanyamuryango ba Rayon Sports mu nama bagiranye kuri uyu wa Gatandatu tariki 18 Ugushyingo 2023.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Mureke nawe baraje bamufunge”! Umubano wa Bruce Melodie na Mutesi Jolly ukomeje kuvugisha benshi -IFOTO

Kamonyi: Umugabo witwa Tuyisenge yatemaguwe n’abagizi ba nabi bamuca kimwe mu bice bigize umubiri we