in

NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Juno Kizigenza na Ariel Wayz baba batamajwe n’urukundo rwabo?

Byatangiye bihishira ku buryo Juno Kizigenza na Ariel Wayz bashoboraga gufatwa amashusho byitwaga ko ari ayo bafashwe batunguwe ku mbuga nkoranyambaga bakabyuka bavuga ko ari inshuti zisanzwe.

Gusa ubu si ko bikimeze kuko mu mashusho ari gucicikana ku mbuga nkoranyambaga abagaragaza bari gusomana bya nyabyo ndetse mu buryo ubona ko hari icyo bashaka kwerekana.

Juno Kizigenza na Ariel Wayz bamaze igihe bigaruriye imbuga nkoranyambaga kubera gusomana kwabo bigatera benshi kwibaza niba baba bakundana bya nyabyo nyuma yo gukorana indirimbo ‘Away’.Kuri ubu rero abantu bakomeje kwibaza niba urukundo rwarabarenze bikava mu gutwika bisanzwe bakaba basigaye bakundana bya nyabyo.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

IFOTO Y’UMUNSI: Manishimwe Djabel wa APR FC ari kumwe n’umugore we

Miss Balbine Mutoni n’umukunzi we bagiye kurira ubuzima i Dubai (Amafoto)