in

Junior Giti noneho asekeje abantu mu buryo butangaje.

 

Bugingo Bonny wamamaye mu gusobanura filime mu izina rya Junior Giti asekeje abantu mu buryo butangaje cyane.

Junior Giti ukunda kwiyita amazima atandukanye nka Giti kimizi mirefu, Magagari, Kibamba, Fille peré,Papa w’Abapapa, Inkotanyi cyane ndetse n’ayandi mazina atandukanye nkuko asanzwe azwiho gusetsa abantu yaba asobanura filime cyangwa mu biganiro hari gihe asetse abakunzi be aciye ku mbuga nkoranyambaga ze,nkuko ajya acishima agasetsa abantu uyu munsi nabwo yasekeje abamukurikira kuri Instagram ye, Junior Giti yashyize hanze aka videwo yifashe ari mu modoka ameze ukuntu gutangaje agira ati:”Basi sori sindi soba wee” nubwo Giti yakoreseje imvugo ikunze gukoreshwa n’urubyiruko Junior Giti yambwiraga abakunzi be ngo bamubabarire ntiyasinze.

Junior Giti usibye kuba asobanura filime anareberera inyungu z’umuhanzi Chriss Eazy kugeza magingo aya muri company ye yitwa Giti Business Group.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: ababyeyi bigabije ikigo cy’amashuri kubera impamvu ikomeye

Miss Uwase Vanessa akomeje kurwazwa umutima n’imvura nyinshi