in ,

“Izi nzu zose zari tuwarete kandi umusarane w’inaha wakubaka inzu y’igitangaza mu cyaro” Ubwiherero buhindurwa inzu i Kigali bwatumye abaturage bumirwa (video)

Abantu benshi iyo baturutse mu cyaro cyane cyane abaturaka mu ntara y’Amajyaruguru iyo bageze mu makorasi ya Shyorongi batangira kubona inyubako zigayitse ku misozi ikikije gare ya Nyabugogo.

Abaturage bari mu modoka baturutse mu ntara y’Amajyaruguru mu karere ka Gakenke ku munsi w’ejo tariki 25 Gicurasi 2023 mu masaa munani z’amanywa batangariye cyane zimwe mu nzu zubatse ku misozi ikikije gare ya Nyabugogo mu mujyi wa Kigali.

Na we iyumvire uburyo abaturage bagendaga bavuga ubwo babonaga zimwe mu nzu zikikije gare ya Nyabugogo:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore uburyo wakosora ubutumwa bwa WhatsApp wanditse ugashyiramo amakosa utabizi ndetse n’uwo wandikiye ntabimenye ko wari wibeshye 

Ni we muto wuzukuruje mu Rwanda: Umubyeyi w’imyaka micye cyane ufite umwuzukuru yatangaje ubuzima bushariye abayemo