Abantu benshi iyo baturutse mu cyaro cyane cyane abaturaka mu ntara y’Amajyaruguru iyo bageze mu makorasi ya Shyorongi batangira kubona inyubako zigayitse ku misozi ikikije gare ya Nyabugogo.
Abaturage bari mu modoka baturutse mu ntara y’Amajyaruguru mu karere ka Gakenke ku munsi w’ejo tariki 25 Gicurasi 2023 mu masaa munani z’amanywa batangariye cyane zimwe mu nzu zubatse ku misozi ikikije gare ya Nyabugogo mu mujyi wa Kigali.
Na we iyumvire uburyo abaturage bagendaga bavuga ubwo babonaga zimwe mu nzu zikikije gare ya Nyabugogo: