in ,

Ni we muto wuzukuruje mu Rwanda: Umubyeyi w’imyaka micye cyane ufite umwuzukuru yatangaje ubuzima bushariye abayemo

Umubyeyi ukiri muto cyane mu myaka wo mu karere ka Rubavu mu murenge wa Rugerero mu kagari ka Rugerero mu mudugudu wa Rukingo ku myaka ye 34 y’amavuko afite umwuzukuru gusa abayeho mu buzima bushariye.

Sumwiza Gaudence w’imyaka 34 y’amavuko ubu yamaze kugira umwuzukuru nyuma y’uko mwana we w’imfura ufite imyaka 17 ubu yamaze kwibaruka gusa uyu mubyeyi avuga ko abayeho mu buzima bushariye dore ko ari kwita k’umukobwa we wamaze kwibaruka ndetse n’inzu bakodesha.

Uyu mubyeyi akomeza avuga ko ibi byose yabitewe n’uburyo atigize yitabwaho n’ababyeyi be akaba aribyo byatumye ibi byose bibaho kandi avuga ko afite abana batatu b’abakobwa ubu nta mugabo afite babana kuko bamaze gutandukana.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Izi nzu zose zari tuwarete kandi umusarane w’inaha wakubaka inzu y’igitangaza mu cyaro” Ubwiherero buhindurwa inzu i Kigali bwatumye abaturage bumirwa (video)

Umugabo wafashwe y’ikoreye intumbi y’ingurube mu mufuka dore igisubizo yasubije ubwo yabazwaga iby’iyo ngurube(Ifoto)