in

“Iyi mpamvu ayihuriyeho n’abasore benshi b’ikigali banze gushaka abagore” Umuhanzi Drake ukunzwe n’abatari bake yavuze impamvu adashaka umugore kandi afite imyaka nk’iyikiyoni

“Iyi mpamvu ayihuriyeho n’abasore benshi b’ikigali banze gushaka abagore” Umuhanzi Drake ukunzwe n’abatari bake yavuze impamvu adashaka umugore kandi afite imyaka nk’iyikiyoni

Umuraperi w’umunya Canada Drake yongeye kubazwa impamvu adashaka kandi abo mu rungano rwe bafite abagore.

Ubwo yabazwaga impamvu atararushinga kandi ntacyo abuze yaba ubutunzi cg uwo barushinga Drake yavuze ko atinya gushaka umugore kuko ngo atinya kumubabaza kuko ngo ntago yiteguye gukurikiza amategeko y’abubatse.

Drake w’imyaka 36 yagize ati: “ Nirinda gukora ubukwe kuko nanga kuzagira umuntu mbabaza. Njyewe ndiyizi ndabizi ko uko meze ntashobora kubana n’umugore ngo nubahirize inshingano zanjye ntamubabaje. Sinshaka gusezerana n’umuntu kandi hari amahirwe menshi y’uko twahita dutandukana’.

Drake yabaye ubukombe mu ndirimbo zitandukanye nkiyitwa God’s Plan, Sticky n’izindi nyinshi zagiye ziba ubukombe ku isi yose.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Aracyari umu-Rayon ku mutima! Ubutumwa rutahizamu Leander Essombe Onana yageneye Youssef Rharb bwerekanye ko agikunda Murera

Nyuma yo kuva mu kizami yashyizeho inyogosho y’agahimano, umuhanzi ugezweho mu Rwanda yagaragaye yambaye inkweto zigura miliyoni y’amafaranga y’u Rwanda -IFOTO