in

Iyi couple yaba irenze! Ihere ijisho amafoto y’indobanure y’icyizungerezi cyo muri Kenya cyateye imitoma Element -AMAFOTO

Icyamamarekazi mu gukina filime mu gihugu cya Kenya cyizwi ku mazina nka Prittyvishy yatunguye abantu benshi ubwo yavugaga uburyo ukunda umuporodiyusa wa hano mu Rwanda Element.

Uyu mugore yabitangarije ku rukuta rwe rwa Instagram ahashirwa ubutumwa bumara amasaha 24 (story) ashyiraho ifoto uyu musore arikumwe na Bruce melodie ndetse na Riskana bakoranye indirimbo Foi de toi maze arenzaho amagambo amutakagiza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bitabiriye urubanza! Abagize umuryango wa Titi Brown bagaragaye ku rukiko uyu musore yaburaniyeho – AMAFOTO

Ibi ntago ari ubumuntu; Umugabo yakubitiye abagore ku karubanda bambaye ubusa, ubwo yaramaze kubakorera igikorwa cya cyinyamanswa