in ,

Isomere uburyo ibibazo byikubye kw’ikipe ya Real Madrid yongeye gutsindwa igahita yanikirwa BIDASUBIRWAHO n’ikipe ya FC Barcelone

Ikipe ya FC Barcelone na kizigenza wayo Lionel Messi,ku mukino basuye ikipe ya Athletic Bilbao isanzwe ibagora,bitwaye neza baza kuyitsinda ibitego 2-0 bya Lionel Messi na Paulinho,bityo icyizere abafana ba Real Madrid bari bafite ko iyi kipe iza kwongera kugora Barca gipfa ubusa.

NI mu gihe ariko ikipe ya Real Madrid yanganyirije mu ntara ya Catalogne ubwo yari yagiye ku kibuga cya Girona yayitsinze ibitego 2-1 nubwo Isco ari we wafunguye amazamu ku munota wa 12.

Real Madrid mu gihe itegereje gukina na FC Barcelone ngo igabanye amanota 8 atandukanya amakipe yombi,nta kindi yakora kitari ukwizera ko yagenda itakaza amanota hagati mu nzira bakazahura yaragabanyutse cyangwa banganya kuko Barca yanganyije umukino umwe gusa bakinnye na Atletico Madrid indi yose barayitsinda babifashijwemo na Lionel Messi ufite ibitego 12 mu mikino 10 gusa mu gihe Cristiano Ronaldo afite igitego kimwe rukumbi

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

AMAFOTO-Uko byari bimeze Neymar agaruka gusuhuza abakinnyi ba FC Barcelone ndetse akaza no kwivugira amagambo y’uko ahakumbura cyane (BIREBE HANO)

Isomere amagambo AKARISHYE Jose Mourinho yabwiye abatekereza ko atatwara shampiyona yatunguye abantu benshi cyane bakamufata nk’umwibone