in ,

Isomere amagambo AKARISHYE Jose Mourinho yabwiye abatekereza ko atatwara shampiyona yatunguye abantu benshi cyane bakamufata nk’umwibone

Umutoza wa Manchester United,Jose MOurinho uri umwe mu bahabwa amahirwe yo guterura igikombe cya shampiyona ya Premier League,nyuma y’umukino wahuje ikipe ye na Tottenham,umukino urangiye yagaragaye acecekesha abafana ba Man Utd nyuma yo kumukomerera hagati mu mukino ubwo yinjizaga mu kibuga Anthony Martial wamuhesheje itsinzi.The Portuguese boss barks instructions at Old Trafford as Antonio Valencia takes a throw-in

Mu kiganiro n’abanyamkuru yabanje kubwira abanyamakuru ko abantu bavuga cyane,ko bagakwiye kujya baruhuka (relax) bakarindira gato mbere yo kuvuga.Nyuma Jose Mourinho yaje kwongeraho ko abafana bafite uburenganzira bwose bwo kumukomera ko baba bishyuye amatike ko bakomera umukinnyi bashaka n’umutoza wabo kuko baba bagomba gukora ibyo bashaka kubera baba bishyuye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Isomere uburyo ibibazo byikubye kw’ikipe ya Real Madrid yongeye gutsindwa igahita yanikirwa BIDASUBIRWAHO n’ikipe ya FC Barcelone

IFOTO Y’UMUNSI-Diamond Platinumz yashyize hanze ifoto ari kwerekana INTANGA-NGABO ze ikora ku mitima ya benshi cyane