in

Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid wari uri gusezera umugore, agiye kujyanwa muri gereza nkuru ya Nyarugenge iherereye i Mageragere kurangiza igihano

Igihe cyari cyahawe Prince Kid cy’iminsi 30 ikaba izuzura ejo 12/11/2023 akaba aribwo igihano yahawe kigomba gutangira gushyirwa mu bikorwa.

Prince Kid yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu nyuma yo guhamwa n’ibyaha birimo gusambanya undi ku gahato.

Nyuma yo gukatirwa, icyemezo cy’urukiko kiba itegeko hashize iminsi 30 rusomwe, akaba ariyo mpamvu uyu Prince Kid atahise afungwa.

Nta gihindutse ku munsi w’ejo igihano cya Prince Kid cyiraba itegeko.

Me Nyembo wunganira Prince Kid aherutse kuvuga ko umukiriya we atari yajurira.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ibimenyetso simusiga bizakubwira ko utwite niba uri umukobwa cyangwa umugore, cyangwa se bikakwereka ko undi muntu atwite

Arashaka gukaba umurwa: Miss Nyambo yacunze abantu bakiryamye maze abareka icyo asigaye arusha inkumi z’i Nyarugenge -AMAFOTO