Benshi mu bahanzi ndetse n’abandi bantú bamamaye cyane hano mu Rwanda bagiye bagaragara mu bikorwa bitandukanye bisekeje ndetse bamwe ntibamenye ko bafotowe, ugasanga batangajwe no kwibona ku karubanda.
Aya namwe mu mafoto agaragaza ibyamamare nyarwanda uko byari bimeze kera ndetse n’ibikorwa bakoraga bisekeje bagashiduka bageze ku karubanda.
Umuraperi Pacson yatebeje ishati muri mugondo
Kitoko yasinziririye ku bitugu bya Alpha
Umuraperi Fireman mu myambaro y’abasaza
Urban Boyz ya kera
Amag The Black yasindanye icupa mu muhanda
Safi Madiba
Safi na Knowless
Amwe mu mafoto ya Jay Polly wa kera
Jay Polly na Green P
Jay Polly aryamanye n’umukobwa
Amafoto ya Anitha Pendo asekeje
Anitha ahetswe na Nizzo wo muri Urban Boyz
Aya n’amwe mu mafoto y’umuhanzikazi Fearless
Aha yarakiri umwana
Young Grace nawe kuva kera yakundaga agasembuye
Aya namwe mu mafoto ya Knowless
Safi, nizzo, Humble na Knowless
Uyu ni Lil G akiri umwana
Umuhanzi Bruce Melody kuva kera yakundaga gutereka umusatsi
Umuhanzi Christopher yirengeje ho umucanga
Senderi International hit we yahoranye udushya kuva kera
Senderi akenyeye ishati
Abantu bari batangariye ingano y’igitsina cya Senderi