Muri iki gihe umwuga wo gufotora umaze gufata indi ntera hano mu Rwanda aho abantu benshi byumwihariko urubyiruko bakomeje kugenda bawitabira.
Uyu mwuga rero ukomeje kwamamara ukaba ugoye nkuko mu giye kubyibonera ku mafoto yegob.rw yabakusanyirije abereka uburyo kuba gafotozi ari ibintu bitoroshye nabusa.

