in

“Inzererezi z’abagabo zitita kubana bazo… Rega kugira igitsina si byo bikugira umugabo” Mu burakari bwinshi Shaddy Boo yihaye abagabo batita kubana babo nyuma yo kubona umubyeyi wari uri gutakamba avuga ko umugabo yamutanye abana (VIDEWO)

“Inzererezi z’abagabo zitita kubana bazo… Rega kugira igitsina si byo bikugira umugabo” Mu burakari bwinshi Shaddy Boo yihaye abagabo batita kubana babo nyuma yo kubona umubyeyi wari uri gutakamba avuga ko umugabo yamutanye abana.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X yahoze yitwa Twitter, Shaddy Boo yasohoye amashusho y’umugore watakambiraga ubuyobozi avuga ko umugabo we yamutanye abana.

Nyuma yo gushyiraho ayo mashusho, Shaddy Boo yahise arenzaho amagambo agira ati: “Inzererezi z’abagabo zitita kubana bazo ,ntabwo byashoboka ngo imitungo yabo izajye ifatirwa kugira yishyurire imibereho y’abana.”

Akomeza agira ati: “Umugabo wese uziko atita kubana yabyaye ni INZEREREZI ntabwo kugira sex aribyo bikugira umugabo , ibikorwa byawe nibyo bikugira umugabo.”

VIDEWO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibiciro bihanitse ku biribwa ku masoko bigiye kuba amateka

Biravugwa ko umusore w’umunyarwanda wemera ko ari umutinganyi yoherejwe i Kigali avanwe muri Amerika kubera ibyaha yahakoreye