in

Ibiciro bihanitse ku biribwa ku masoko bigiye kuba amateka

Ibiciro bihanitse ku biribwa ku masoko bigiye kuba amateka.

Ikibazo cy’izamuka ry’ibiciro ku isoko rikomeje kuba ingutu mu Rwanda, gusa hari icyizere cy’uko mu munsi iri imbere bigiye kugabanuka.

Guverineri wa Banki nkuru y’u Rwanda, John Rwangombwa yavuze ko icyatumaga ibiciro bizamuka ari uko ibyatumizwagwa mu mahanga byabaye byinshi.

Mu kurema agatima abanyarwanda, yavuze ko igenzura bakoze babonye ko ibyo bari gutumiza hanze biri kugenda bigabanuka.

Ikindi kandi yemeza ko bagiye kongera ibisohoka ndetse kandi ko n’ubukerarugendo buzabafasha mu guhangana n’iki kibazo cy’izamuka ry’ibiciro.

Ikindi cyizifashishwa ni uko Minisiteri y’ubuhinzi igiye gukorana n’abahinzi kugira ngo bongere umusaruro w’ibiribwa.

Guverineri John Rwangombwa yemeje ko mu mwaka utaha ibiciro bizaba byagabanutse.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Bertrand
Bertrand
1 year ago

Umva kandi, narumiwe koko! Ubwo se bitumizwa hanze kuko bihari cyangwa ni uko biba byabaye bike? None se nimubyohereza hanze banyakubahwa mu gihugu tutanihagije kubera ubuke bwabyo harya ubwo ibiciro bizagabanuka kubera ubuke bw’ibicuruzwa?

Nyamara Pyramid FC irarye iri mpenge! Umukinnyi ufasha APR FC gutsinda mu buryo butangaje yatangiye imyitozo nyuma y’iminsi atagaragara mu bandi bakinnyi

“Inzererezi z’abagabo zitita kubana bazo… Rega kugira igitsina si byo bikugira umugabo” Mu burakari bwinshi Shaddy Boo yihaye abagabo batita kubana babo nyuma yo kubona umubyeyi wari uri gutakamba avuga ko umugabo yamutanye abana (VIDEWO)